in

Umwana wo mu Bugesera yandikiye abanyamakuru bo mu rubuga rw’imikino batungurwa n’impano zose afite kandi akiri muto

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, mu kiganiro urubuga rw’imikino kuri Radio Rwanda, Jean Claude Kwizigira yasomye urwandiko rw’umwana ufite impano.

Urwandiko rwa Habayihoraho Dani, rwageze mu biganza by’abanyamakuru ba Radio Rwanda nk’uko ari bo rwari rugenewe.

Uyu mwana uvuga ko avuka mu karere ka Bugesera, yanditse uru rwandiko aho yavuzemo impano zigiye zitandukanye afite.

Zimwe mu mpano afite, ni uko ari Umusesenguzi muri ruhago, gusoma amakuru, kogeza imipira no gukina ikinamico.

Icyatunguye aba banyamakuru, ni ukuntu abazi bose ndetse na bagenzi babo bakorera RBA mu ntara z’igihugu akaba abazi.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umubyeyi yanze imodoka y’akataraboneka yahawe n’umwana we w’umunyeshuri kuko atazi aho yakuye ayo mafaranga yayiguze

The Ben yatangaje ko iminsi iri kumutindira ubundi agakora ubukwe n’umugore we Miss Uwicyeza Pamela (VIDEWO)