in

Umwana w’imyaka 17 yazukiye mu buruhukiro habura amasaha mbarwa ngo ajyanwe gushyingurwa

Umwana w’umukobwa w’imyaka 17 wo mu gace ka Apac muri Uganda yazukiye mu buruhukiro mu gihe abaganga bari batangiye ku mukorera ibizamini bya nyuma byerekana icyamuhitanye kugira ngo ashyingurwe.

Ibitangazamakuru byo muri Uganda bivuga ko uyu mwana uvuka mu gace ka Arocha mu Mujyi wa Apac, yitabye Imana nyuma yo gukubitwa n’abaturage azizwa ko yibye igitoki.

Ubwo uyu mwana w’umukobwa yari agejejwe mu buruhukiro, abaganga batangiye gufata ibizamini kugira ngo hamenyekane icyamwishe ariko baza gutungurwa no gusanga ari muzima.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Nyakabanda: Umugabo yakubiswe agirwa intere n’abo yaguriye bamuziza ko yatinze kwishyura inzoga banyoye

Mu myambaro y’ikipe ya APR FC na Kiyovu Sports; Dore amafoto y’abahungu ba Anita Pendo watangaje ko biteguye gusinyira imwe muri aya makipe