in

Umwana w’imyaka 13 yakubiswe n’abarimu ajya muri koma azira kwiyarurira ibiryo byinshi

Umwana w’imyaka 13 yakubiswe n’abarimu ajya muri koma azira kwiyarurira ibiryo byinshi.

Mu gihugu cya Kenya, haravugwa inkuru ibabaje y’umwana w’imyaka 13 wakubiswe akamara iminsi 11 muri koma.

Caleb Mwangi w’imyaka 15 kuri ubu, yabwiye BBC ko ubwo yari afite imyaka 13 yakutiwe ku ishuri azira kurya ibiryo byinshi.

Nyuma yo gukubitwa yahise agwa muri koma aho yagejejwe mu bitaro atacyinyeganyega nk’uko bitangazwa na se, Fred Mwangi.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Kimenyi Yves wari ufitanye ubukwe n’umugore we Miss Muyango, yagenewe ubutumwa na rutahizamu Peter Agblevor wamuvunnye ukuguru none akaba aryamye mu bitaro

Rubanda bagira imigongo! Umugore ufite abana 22 arifuza kubyara 105