in

Umwana w’imyaka 12 ubwo yavugaga akarengane yakorewe ko gukurwa ku rutonde rw’abana batoranyijwe kujya mu irerero rya Bayern Munich mu Rwanda yarize bigera aho n’umunyamakuru bari kumwe muri sitidiyo nawe ararira – VIDEWO

Umwana w’imyaka 12 yitwa Iranzi Cedric w’imfubyi ku babyeyi bombi ubwo yavugaga akarengane yakorewe ko gukurwa ku rutonde rw’abana batoranyijwe kujya mu irerero rya Bayern Munich mu Rwanda yarize bigera aho n’umunyamakuru bari kumwe muri sitidiyo nawe ararira.

Cedric ubwo yari yagiye kuri Radiyo ya Fine FM, yavuze ko nta babyeyi afite abana na mushiki we w’imyaka 18, akaba yarakuwe ku rutonde rw’abana batoranyijwe kujya mu irerero rya FC Bayern Munich mu Rwanda bamuziza ngo ko muri NIDA imyirondoro ye yanditswemo Kabiri.

Yavuze ko yageye muri NIDA asanga nta kibazo kirimo gusa asubiye kuri FERWAFA banga kumwakira. Ubwo yavugaga aka karengane karengane yakorewe, yarize bituma n’umunyamakuru Dukuze ukora ikiganiro Urukiko rw’ubujurire kuri iyi radiyo nawe yaje kurira.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Gatsibo! Umugabo yakubise umugore we amugira intere bapfuye indaya

I Kigali, umusore abyuka atyaza umuhoro aho yirirwa uwuzengurukana ashaka gutema abafungishije umuvandimwe we, bose akabamara