in

Umwana muto w’umukobwa yandikiye ibaruwa Perezida Paul Kagame maze abantu benshi bashesha urumeza nyuma yo kumva ubutumwa bwari buyikubiyemo – VIDEWO

Abantu benshi basheshe urumeza nyuma yo kumva ubutumwa bukubiye mu ibaruwa y’umwana ukiri muto witwa Irumva Queen yangikiye Perezida Paul Kagame.

Ni ibaruwa ikubiyemo ubutumwa buvuga ibigwi bya Nyakubwahwa perezida wa Repubulika aho uyu mwana abisoma mu buryo bw’umuvugo.

Abinyujije ku rukuta rwe rwa Twitter, umusizi Junior Rumaga niwe wasangije abamukurikira amashusho y’uyu mwana, maze mu gihe cy’amasaha 24 abarenga ibihumbi 50 bari bamaze kumva ubwo butumwa abandi benshi barabuhererekanya.

Reba videwo aho hasi:

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ibi ni ubunyamanswa bubi ! Amashusho y’umukozi wafungiranye umwana muto muri firigo umwana ari kurira cyane akomeje kubabaza benshi

“Kandi ntanuwabimbuza” Ubutumwa bugenewe buri mukunzi wese wa Rayon Sports bwatanzwe na wa muyobozi ukomeye muri iyi kipe wagaragaye yambaye umwambaro wa mukeba APR FC ayiri inyuma