in

Umwambaro ‘Jersey’ wahawe Nyakubahwa Perezida Paul Kagame wakiriwe na Minisitiri wa Siporo (AMAFOTO)

I Jersey yahawe Nyakubahwa Perezida Paul Kagame wakiriwe na Minisitiri wa Siporo.

Minisitiri wa Siporo Aurore Mimosa Munyangaju yakiriye Jersey ya Nyakubahwa Perezida Paul Kagame ahawe n’ikipe ya Yanga Sc.

Mu gihe ikipe ya Yanga Sc yaje gukinira mu Rwanda, iri kugenda ikora ibikorwa bigiye bitandukanye.

Nyuma y’uko batanze imfashanyo ku baturage bahuye n’ibiza byatewe n’umugezi wa Sebeya, banahaye Perezida Paul Kagame umwambaro w’ikipe ya Yanga Sc.

Mu gihe Perezida ari mu butumwa bw’akazi mu gihugu cya Cuba, uyu mwambaro wakiriwe na Minisitiri wa Siporo Aurore Mimosa Munyangaju.

Minisitiri Aurore yayishyikirijwe na Perezida wa Yanga Sc Eng. Hersi Said.

AMAFOTO

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Baje gutegura hanze y’ikibuga! Abatoza ba Al Hilal Benghazi bahagurukanye na Rayon Sports baza mu Rwanda guteragura mu nguni zose umukino bafitanye na Rayon Sports

Uyu we kombona akurusha ubuhungu ubwo ninde mukobwa muri mwe! Umunyamakuru w’imikino kuri RBA Reagan Rugaju yashyize iby’imikono kuruhande yerekana umukobwa ashaka kumbwira ijambo rimwe -AMAFOTO