in

Umva ko muhaza da! umugore ahangayikishijwe n’umugabo we uhorana ubushake bwo gutera akabariro

Muri iyi minsi abagore basigaye bavuga ko kubona abagabo babahagije ari ikibazo gikomeye gusa ariko na none umugabo ubonetse abo bagore bumva bishimiye, abaga nta kinya ku buryo wowe mugore urebye nabi wahata ubuzima.

Vikki Brown w’imyaka 31 ugira ubushake budasanzwe mu gutera akabariro kuko abugira inshuro 100 ku munsi  na Lucas Martins w’imyaka 39, bahuriye muri supermarket ya Morrisons mu 2020.

Madamu Vikky yagize ati: “Kuva twahura bwa mbere kugeza uyu munsi, aho turi hose, ahora yifuza gutera akabariro/Ashobora kugira ubushake inshuro zigera kuri 50 kugeza ku 100. ndetse kandi ubwo bushake buba buri gihe aho baba bari hose.

Lucas yamaze kubonana n’umuganga, ariko bamubwiye ko nta burwayi afite.

Ati“Buri gihe igitsina cye kiba cyafashe umurego yaba mu maduka, muri resitora, muri siporo nta kiruhuko na busa agira.Mpora nibaza niba abandi bakundana bahura n’ibibazo bimwe nk’ibyacu.

Bajya bavuga ngo ugiye iburysazi azirya ari mbisi, uyu mugore nawe yaremeye akiajya agerageza guhaza umugabo we nubwo kumuhaza bitoroshye kuko ashora guhazwa byibuze n’abagore batanu.

 

 

 

 

 

 

 

 

 

 

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Manager wa Vava dore imbogo yarakaye cyane||avuze amagambo akomeye kuri Super Manager

Umugabo ari mu byishimo byinshi nyuma yo kubona gatanya