in

Umuzungu yagiye kuri sitasiyo ya essanse abwira umukozi uhakora ngo ni inguge, gusa ibyo uwo muzungu yakorewe azabyumva kugera mu busaza bwe -AMASHUSHO

I Nairobi muri Kenya, ku mbuga nkoranyamabaga hongeye gukwirakwira amashusho y’umuzungu wakubitiwe kuri sitasiyo ya essanse ubwo yari atutse umukozi uhakora.

Ubwo uyu muzungu yari agiye kunywa essanse, yabwiye umukozi uhakora ngo ni inguge, kuko uwo mukozi yari umwirabura. Abakozi bagenzi be ntibigize bihanganira ayo magambo y’ubunyamanswa avuzwe n’uwo muzungu, ahubwo bahise bafata ibibando baramuhuragura.

Ibi nubwo bimaze igihe bibaye, abantu bongeye gukwirakwiza iyi videwo bagirango batange isomo ku muntu wese uzagerageza gutuka Umunyafurika. VIDEWO.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Dore abagiraneza bamaze gutanga inkunga yo gufasha abana ba nyakwigendera Jay Polly

Umwana wambere yamubyaye afite 17! Mama Sava yahishuye umuntu wamuteye inda bwambere bahuriye mu rusengero