in

Umuyobozi wo mu Mudugudu yafashwe ari gusambanya umugore wa Muramu we

Umugabo witwa Hakizimana Etienne Nzabonimpa arashinja Mbonigaba Desire umuturanyi we akaba na Mutekano, kumusambanyiriza umugore.

Aba bagabo batuye mu  Mudugudu wa Muti,Akagari ka Rwangara mu Murenge wa Cyanzarwe mu karere ka Rubavu.

Amakuru aturuka mu baturanyi nuko uyu Mbonigaba Desire ari muramu wa nyiri urugo kuko atunze mushiki we.

Uyu mugabo Hakizimana Etienne yavuze ko umugore we yahengereye agatotsi kamutwaye agahita ajya gusambana na Mbonigaba Desire.

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Cyanzarwe,Nzabonimpa Evaliste, yavuze ko ayo makuru atahamya ko ari ukuri cyakora avuga ko akeka ko ba nyiri ubwite baba biyunze.

Yongeraho ko aramutse yafatiwe mu bikorwa by’ubusambanyi yabibazwa mu rwego rw’amategeko.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“Ntabwo ndi isugi” Alliah Cool yabiciye nyuma yo kugaragara mu mashusho abwira abantu ko atari isugi ko kuba aryamana n’abagabo bitabareba

Faustinho yanenze urwego rw’imikinire ya rutahizamu wa Rayon Sports w’umunyamahanga avuga ko adakwiye gukinira iyi kipe ahubwo ko akwiye kujya mu ikipe y’abato akitozanya na ba Petit Messi