in

Umuyobozi w’ikipe ikina icyiciro cya mbere hano mu Rwanda yeguye kuri izi nshingano nyuma yaho ikipe ye imaze iminsi ititwara neza

Umuyobozi w’ikipe ikina icyiciro cya mbere hano mu Rwanda yeguye kuri izi nshingano nyuma yaho ikipe ye imaze iminsi ititwara neza

Umuyobozi w’ikipe ya Etoile DE L’EST wari wungirije Eng. Sebikwekwe Cyprien, yandikiye ibaruwa ubuyobozi bw’akarere ka NGOMA asezera kuri izi nshingano.

Uyu muyobozi mu ibaruwa yanditse kuri uyu wa mbere yatangaje ko asezeye kuri izi nshingano kubera ko afite izindi nshingano nyinshi ziri gutuma atabona umwanya wo kwita kuri iyi kipe umunsi ku munsi kugirango atange umusanzu we bityo akaba yeguye.

Ikipe ya Etoile DE L’EST ntabwo muri iyi minsi yari imerewe neza nyuma yo gutsindwa na Rayon Sports ndetse muri iyi wikendi ishize ikaba nabwo yaratakaje imbere ya Muhazi United FC.

 

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amakuru agezweho: Abayobozi b’ikipe ikomeye cyane hano mu Rwanda bamaze kwiyirukana

Disi benshi ntibanyurwa! Ubushakashatsi bwagaraje agahinda abagore benshi bagendana bitewe no kutanyurwa mu gihe bari gukora imibonano mpuzabitsina