in

Umuyobozi wa tekinike muri FERWAFA yatangaje ko ikibazo cyo kutagera kure ku ikipe y’igihugu Amavubi cyabonewe umuti urambye

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi imaze igihe itabasha kugera kure, gusa kuri ubu hamaze kuboneka icyabiteraga, none hagiye gushakwa umuti urambye ku buryo Amavubi azongera kwitabira igikombe cy’ Africa ndetse n’igikombe cy’isi.

Umuyobozi ushinzwe tekinike mu ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda Gérard Bücher, aganira na Radio BB Umwezi yavuze ko ikibazo Amavubi afite, ni uko nta bakinnyi beza bataha izamu b’abanyarwanda.

Yagize ati “Ikibazo cya ba Rutahizamu kigomba gukemuka. Mu Rwanda dufite abakinnyi bugarira beza, abakina hagati beza, ariko nta bataha izamu dufite, ari nacyo tugomba gukoraho cyane.”

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umugore ahangayikishijwe bikomeye n’umugabo we urya imitungo yabo nk’uwenda gupfa

Eminem umurengwe waramwishe atera uwinyuma 50 Center yanga gukorera agatubutse mu gikombe cy’isi