in

Umuyobozi muri Rayon Sports arimo kwikomwa cyane na bamwe mu bakunzi bakadasohoka b’iyi kipe kubera ikintu gikomeye arimo gukora kitari cyiza

Umuyobozi muri Rayon Sports arimo kwikomwa cyane na bamwe mu bakunzi bakadasohoka b’iyi kipe kubera ikintu gikomeye arimo gukora kitari cyiza

Umunyamabanga uhoraho w’ikipe ya Rayon Sports Namenye Patrick, biravugwa ko yatangiye gushyira ku ruhande abakunzi bakadasohoka b’iyi kipe ndetse banasanzwe bagira icyo bayifasha gikomeye kandi we ari umukozi uhembwa ku kwezi.

Amakuru dukesha Radio Flash FM avuga ko uyu munyamabanga mu miyoborere y’iyi kipe ya Rayon Sports kugeza ubu ngo ntabwo yemera igitekerezo cy’abandi ndetse akagendera ku bye bikaba bikomeje gutuma itarimo no kubona intsinzi ihoraho nkuko byari bimaze iminsi.

Ikipe ya Rayon Sports iheruka kutitwara neza mu mukino w’umunsi wa 7 wa Shampiyona y’u Rwanda ubwo yatsindwaga n’ikipe ya Musanze FC igitego 1-0 nubwo abafana bavuga ko bibwe.

 

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“Asigaye akomeye nk’umugabo” i Kigali, umugabo atewe ubwoba n’ukuntu umugore we yakoze imyitozo y’akataraboneka akaza gukomera nk’abagabo aho asigaye abyukira no muri pompage

Umuvugizi wa RIB yasubije uwabajije uko wabyitwaramo igihe uru rwego ruguhamagaje maze ukabura itike ukujyana kwitaba