in

Umuvugizi wa RIB yasubije uwabajije uko wabyitwaramo igihe uru rwego ruguhamagaje maze ukabura itike ukujyana kwitaba

Uwitwa Joseph Shakur abinyujije ku rukuta rwa X yahoze ari Twitter, yabarijije Leta ngo imusubize uko umuntu yabigenza igihe RIB imuhamagaje maze akabura itike imujyana kwitaba.

Yagize ati “Lata reka mbabaze, ese RIB igutumijeho igasanga nta tike (ticket) ufite byagenda ute!?”

Umuvugizi wa RIB, Dr Murangira B Thierry yahise amusubiza ati “Uraho neza Shakur? Kugeza ubu mu bantu batumijwe ntawigeze agaragaza ikibazo cy’amikoro make.

Niharamuka hari ugize icyo kibazo, ubwo kizashakirwa igisubizo. Ntawe byari bikwiye gutera impungenge. Urakoze kubaza.”

 

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Ivan
Ivan
11 months ago

Ubwo se icyo ni igisubizo waha umuturage cg ni political answer

Umuyobozi muri Rayon Sports arimo kwikomwa cyane na bamwe mu bakunzi bakadasohoka b’iyi kipe kubera ikintu gikomeye arimo gukora kitari cyiza

“Miss Umunyana Shanitah we yabonye ubutabera? Cyangwa ubutabera bukwiye abahohotewe n’Abagabo gusa? Umunyamakuru DC Clement yazuye akaboze kuri Mutesi Jolly amwibutsa ko na we hari umwali yariye imodoka