in

“Umutware wanjye, Papa Kwanda” Umuhanzi Clarisse Karasira yatakagije umugabo we na Nyirabukwe wamubyariye umugabo wagize isabukuru

Umuhanzikazi ukunzwe mu cyane mu Rwanda no hanze mu ndirimbo gakondo, Clarisse Karasira yatakagije umugabo we ku isabukuru ye y’amavuko.

Abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, Karasira yasohoye amafoto ari kumwe n’umugabo we ndetse n’umwana wabo aho yahise amwifuriza isabukurunziza y’amavuko.

Yagize ati: “Bakundwa uyu munsi ni isabukuru y’umutware wanjye Papa Kwanda.”

Akomeza agira ati: “Hashimwe Imana imurinda  kandi imuhezagize n’umugisha wayo. Hashimwe nyinawumuntu Nyamakamba, akaba rugori rwera rwakirana buzuba wamwibarutse, amurera atiganda akamufureba akamuheka amurora ataguza amukunda yaguka.”

Asoza agira ati: “Isabukuru nziza y’amavuko ku mugabo nkunda.”

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Harimo iy’umunyafurika: Abakinnyi 5 baconga ruhago batunze imodoka zihenze muri 2023 – AMAFOTO

Ku modoka asumba: Kenny Sol yongeye kugaragara ndetse anavuga ko asigaye akomeye kurusha uko mumuzi (AMAFOTO)