in ,

Umutoza wa Liverpool Jurgen Klopp yatangaje ikintu kimuteye ubwoba cyamuviramo no gutsindwa umukino afitanye na manchester united

jurgen-klopp-frustrated

Umutoza wa Liverpool Jurgen Klopp umaze gutsinda amakipe akomeye amaze guhura nayo yose muri champiyona y’ubwongereza ariyo Arsenal na Chelsea yatangaje ikintu kimuteye inkeke nubwoba ko cyamuviramo kutagera ku byo yifuza kugeraho muri champiyona y’uyu mwaka.

 Wayne Rooney (Reuters)

Kuri uyu wa mbere nibwo ikipe ya Manchetser United iza kuba icakirana n’ikipe ya Liverpool ku kibuga Anfield gusa mu kiganiro yagiranye n’abnyamakuru umutoza Jurgen Klopp yagize ati:“Nge uyu mukino ndawiteguye kandi mfite inyota yo kuwutsinda gusa ikintu kimpangayikishije ntakindi n’umukinnyi Wayne Mac Rooney,uyu musore yagiye ateshwa agaciro cyane yaba mu ikipe ye cyangwa muyigihugu gusa mubakinnyi ba rutahizamu nemera ku isi nawe arimo,aramutse anabanje mu kibuga ari mubakinnyi bantera impungenge kandi nawe ari kurwana n’izina rye ngo arebe ko yagarurirwa icyizere kubwizo mpamvu niwe mukinnyi ndibube ncungiye hafi cyane kurusha abandi bose.”

Ibi bikaba byatangaje abantu benshi kubera imikinire ya Rooney imaze igihe idashamaje ariko umutoza nkuyu w’inararibonye akaba yagaeagaje ko akimufitiye impungenge.

 

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amagambo Princess Priscillah yabwiye umubyeyi umubyara nawe yagutera imvamutima :YAREBE HANO

Jose Mourinho atangiye guteza ikipe ya Manchester United ibibazo bikomeye cyane