in

Umutoza APR FC yari itegereje ubuzima bwe buri mu akaga

Umutoza w’umunya- Serbia Ljupko Petrovic w’imyaka 76 wari utegerejwe i Kigali, ubuzima bwe ntabwo bumeze neza nyuma yo gukora impanuka ikomeye.

Nkuko bitangazwa n’ikinyamakuru Daily Mail cyo mu bwongereza kivuga ko uyu mutoza yakoze impanuka y’imodoka kuri uyu wa gatandatu. Iyi mpanuka yabereye mu mujyi wa Belgrade, mu gihugu cya Serbia.

Amakuru avuga ko kugeza ubu uyu musaza w’imyaka 76, ubuzima bwe bumeza nabi dore ko n’imbaraga zumubiri ziba ari nke. Ibi bivuze ko ku munsi wejo kuza hano mu Rwanda bishobora kugorana cyane.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Byafashe indi ntera! NESA yahinduye ibizamini nyuma yo gukeka ko byerekanwe

Ntizongera guhendwa n’abasaza bajogotse! Rayon Sports yaremye icuriro rishya rizayirinda guhangikwa abakinnyi b’imfube (AMAFOTO)