Umunyamakuru ukomeye cyane hano mu Rwanda ukorera radio na televiziyo by’igihugu Eric Dinho yapfukamye ashimira Rurema nyuma yo kutamanura ikipe abereye umuyobozi.

Umunyamabanga w’ikipe ya karere ka Bugesera “Team Manager” Eric Dinho yishimiye byimazeyo kuba ikipe ya Bugesera FC yari mu makipe afite amahirwe macye yo kuguma mu cyiciro cya mbere yabashije kwihagararaho imbere y’ikipe ya AS Kigali igatsinda ibitego 2-1 maze iguma mu cyiciro cya mbere utyo.
Ifoto y’umunyamakuru Eric Dinho apfukamye ari gushimira Imana nyuma yo gutsinda ikipe ya AS Kigali 2-1: