in

Umusore yishwe na pampa nyuma yo gutera inda

Umusore witwa Christopher Chambula w’imyaka 34, w’ahitwa Chililabombwe muri Zambia, yikubise has arahwera nyuma yo kumenya ko yateye inda umukobwa agakubitiraho n’aho ibiciro by’ibikoresho by’abana bigeze.

Ibinyamakuru byo muri Zimbabwe nibyo byatangaje ko nyuma yo gutera inda umukobwa, uyu musore yahise ajya kubaza ibikoresho abana bakenera ariko asanga ibikoresho birahenze nyuma yo kumuha pampegisi agasana igura amakwaca 543.

Abazi uyu musore bavuga ko akazi asanzwe akora kamuhemba amakwaca 400 ku kwezi bivuze ko niyo yakora ukwezi kose atarya, ntabwo yabasha kwigurira pampa.

Akimara kubona ibyo, guhagarara byanze amaguru ahita azamo ibinya amanuka butosho yikubita has abanza umutwe agezwa kwa muganga batinze.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Abakekwaho ubutinganyi batangiye gutabwa muri yombi

Umusore yishe papa we afatanyije n’undi mugore