in

Umusore yishe papa we afatanyije n’undi mugore

Umusore witwa Murwanashyaka Jean d’Amour wo mu Murenge wa Masoro, Akarere ka Rulindo arakekwaho kwica se witwa Gashirabake Pangalas afatanyije n’undi mugore w’inshuti ya nyina bari baturanye.

Abaturage babwiye BTN, ko Gashirabake yari yaratandukanye n’umugore we wa mbere ashaka undi wa kabiri ndetse ariwe babanaga.

Bavuga ko intandaro yo kugira ngo yicwe ishingiye ku mitungo kubera ko yari yarashakiye undi mugore wa kabiri mu mitungo yashakanye n’umugore we wa mbere bari baranasezeranye ariko bakaza gutandukana kubera ko yamucaga inyuma.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umusore yishwe na pampa nyuma yo gutera inda

I Accra muri Ghana habereye umuhango wo kuzirikana ubuzima n’ibikorwa by’ubutwari bya Christian Atsu – AMAFOTO