in

Umusore yambitse impeta sheri we barimo kumukinisha filime

Umukinnyi w’amafirime mwiza wo muri Nijeriya yatunguwe n’umusheri we , ubwo umukunzi we yamusabye kumubera umugore amwambika impeta arimo gukino filime.

Ubwo uyu mukobwa yarimo gukina filime barimo kumufata amashusho na bagenzi be uyu musore yahise aza apfukama imbere ye maze amwambika impeta.Umukunzi we, wagize uruhare runini mu gukina kwe, ntabwo yari azi ibibaye kuko yari afunze amaso.

Icyakora, ubwo yafunguraga amaso uyu mukobwa yatunguwe no kubona umukunzi we apfukamye hasi maze asubiza ko yemeye kumubera umugore .

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Rayon Sports yatangiye ibiganiro byo gusesa amasezerano y’umukinnyi waguzwe yitezweho ibitangaza bikomeye

Nicki Minaj washenguwe cyane n’urupfu rw’umwana wa Davido nawe yagize icyo avuga