in

Umusore yahuruje imbaga y’abantu ubwo yaririmbaga indirimbo nshya ya The Ben na Diamond Platinumz (Videwo )

Umusore wo mu gihugu cya Kenya yahuruje abatarage bari bibereye mu mirimo yabo kubera ukuntu yaririmbaga indirimbo yitwa ‘Why’.

Uyu musore yaje kuri moto, ageze ahantu hateraniya abantu avaho atangira kugenda n’amaguru aririmba mu ijwi riranguruye.

Ubwo yaririmbaga iyo ndirimbo, abantu bose bari begereye aho yaririmbiraga byatangiye kuza kumva inganzo y’uwo musore.

Uyu musore kandi ubwo yaririmbaga indirimbo ya Diamond Platinumz na The Ben bise ‘Why’ yanguzagamo akanabyina.

Iyo ndirimbo ‘Why’ The Ben yakoranye na Diamond Platinumz niyo ifite agahigo ko kuzuza abayirebye barenga miliyoni imwe mu munsi umwe kuri youtube mu Rwanda hose.

Reba amashusho y’uwo musore 

 

 

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Sobanukirwa: Itandukaniro riri hagati y’urukundo n’amarangamutima

Yago yasuye inyogo ye maze baraturika | Mu dukoryo twinshi yanavuze uko business ye nshya irimo kugenda (video)