in

Umusore w’umwirabura ari mu munyenga w’urukundo n’umuzungukazi w’umuherwe

Umugore w’umuzungukazi w’umuherwe yageze muri Nijeriya aho yaje kubana numukunzi we muto batangiye umubano nyuma yo guhurira kuri Facebook aho kuri ubu bakomeje kugirana ibihe byiza.

Amakuru avuga ko umusore yagiye ku kibuga cy’indege kumutwara akihagera maze akamujyana iwabo aho acumbitse. Yamwakiriye mu buryo bususurutsa umutima kandi yishimiye kubona ko amaherezo ari muri Nijeriya.

Kuri ubu aba bakundana bashyize hanze amafoto yabo bombi bari mu bihe byiza by’urukundo aho bagaragaye banasomana.Bivugwa ko biteguye no gushyingiranwa.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Eric Semuhungu yibutse uwahoze ari umugabo we

Musore uyu mukobwa yabuze uburyo akubwira ko yagukunze