in

Umusore witeguraga kurongora yabenze umugeni we nyuma yo kumenya ko asura umu ex we

Umusore wo muri Nigeria wateguraga ubukwe bwe yabenze umukunzi we ubwo yamenyaga ko uyu mukobwa ajya gusura uwahze ari umukunzi we. Bivugwa ko uyu musore yahagaritse ubukwe bwe bwaburaga ukwezi kumwe gusa nyuma yo kubona ko umukunzi we yasuye uwahoze ari umukunzi we.

Ubukwe bwari buteganijwe kuba mu UKuboza ariko uyu mugabo amaze kumenya icyo umugore we yakoze nyuma yo gusezerana, yahisemo kumuta.

Nk’uko byatangajwe n’umuntu ukoresha Twitter , uyu mudamu yavuze ko gusura uwahoze ari umukunzi we ari urugwiro gusa ntakindi bakoze

Inyandiko igira iti; “Ubukwe bw’Inshuti zanjye bwagombaga kuba mu Kuboza bwahagaritswe uyu munsi, Fiancé we yavumbuye ko yasuye uwahoze ari umukunzi we nyuma yo gusezerana, yavuze ko ari uruzinduko rwa gicuti.”

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mu byishimo bikomeye APR FC yakoze imyitozo ya nyuma mbere y’uko ijya kunyagira Mukura Victory Sports nk’uko abakinnyi babyiyemeje (AMAFOTO)

Niba umara gutera akabariro ugahita ufata ibinini byica intanga uri umuntu w’igitsinagore kakubayeho