in

Umusore wigishije Mutesi Jolly ashyize hanze umubano wabo dore ko yanamusuye i Wawa

Umusore witwa Bugingo Patrick wiganye ma Miss Mutesi Jolly muri kaminuza ya FXB ishami rya Gikondo mu mwaka wa 2017 mu bijyanye n’ubukungu ashyize hanze umubano yagiranye na Miss Mutesi Jolly.

Mu kiganiro yagiranye na The Choice Live ikorera kuri YouTube ari naho dukesha iyi nkuru yatangaje ko Mutesi Jolly akigera muri iyo kaminuza kubera ko yari umusitari, ntabwo yavugishaga abantu benshi gusa yaje kubaza abantu mu kigo ngo bamubwire umuntu uzi imibare uzajya umusobanurira.

Ngo abanyeshuri yabajije bamurangiye uyu musore Patrick mase umubano wabo utangirira aho maze abanyeshuri bakavuga ko ari umugabo wa Jolly kubera umubano wihariye bari bafitanye.

Gusa ngo uyu musore biganaga ariko akoresha urumogi maze ubuyobozi bujya kumujyana i Wawa, mu kwezi kwa Werurwe 2019 Mutesi Jolly yaje gusura i wawa maze agezeyo avuga ko ahafite umugabo.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umuvugizi wa APR FC yongeye guteza urujijo nyuma y’amagambo akomeye yatangaje ku mutoza Adil uri mu bihano

Rocky Kimomo we noneho bamukabirije,aratangaje cyane pe.