in

Umusore wiga muri Kaminuza y’u Rwanda yatashye ku mugoroba avuye mu masomo ahura n’ibisambo biramwambura ndetse biramukomeretsa bikomeye urutugu byenda kuruca- ifoto

Umusore wiga muri Kaminuza y’u Rwanda yatashye ku mugoroba avuye mu masomo ahura n’ibisambo biramwambura ndetse biramukomeretsa bikomeye – ifoto

Abanyeshuri biga muri kaminuza y’u Rwanda mu ishami rya Busogo baratabaza polisi na RIB kubera ibisambo bibazengereje.

Umwe mu banyeshuri yatabaje polisi na RIB yifashishije urubuga rwa X nyuma y’umunyeshuri mugenzi wabo watashye avuye ku masomo agategwa n’abagizi ba nabi bakamwambura ndetse bakamukomeretsa.

Yagize ati ” Birababaje cyane kuba umwana yaraje kwiga,burigihe uko avuye Muri campus ataha mwicumbi iwe akagenda yikandagira kubera gutinya ibisambo, uyumunyeshuri yiga Muri University of Rwanda ishami rya Busogo yatewe nibisambo biramwambura biranamukomeretsa RIB, na Rwandapolice mwadufasha rwose.”

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umwana w’umuhungu yazindutse mu cya kare ajya kurinda umuceri mu murima, Ababyeyi baje basanga yapfiriye mu murima

Sekibi yinjiye no mu bahanzi ! Chriss Eazy ari gushinjwa ubutinganyi nyuma y’amafoto ye yagiye hanze yishimanye n’uwo bahuje igitsina ndetse bafatanye nkuko abasheri bafatana hari naho bagaragaye bateruranye- Amafoto