in

Umusore w’i Muhanga yafashwe akekwaho ubujura ni uko maze agejejwe muri kasho ahita yiyahura

Umusore w’i Muhanga yafashwe akekwaho ubujura ni uko maze agejejwe muri kasho ahita yiyahura.

Mu ijoro ryo kuwa gatandatu rishyira ku cyumweru mu murenge wa Ntyazo mu kagali ka Bugali mu mudugudu wa Kabusheja ho mu karere ka Nyanza, birakekwa ko umusore yiyahuriye muri kasho ya Ntyazo ubwo yahagezwaga akekwaho ubujura.

Amakuru avuga ko uyu musore witwa Niyomugabo Laurent w’imyaka 20 y’amavuko aribwo yahagejejwe, bigeze saa saba z’ijoro yiyahura akoresheje umugozi w’ipantalo yaciye, awuzirika kuri giriyaje y’idirishya ahita apfa.

Nta kintu ubuyobozi burabivugaho ndetse n’umuvugizi wa RIB yavuze ko akibishakaho amakuru nk’uko Umuseke dukesha iyi nkuru babitangaje.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Miss Uwicyeza Pamela yabaye indirimbo mu Burundi! Abarundi benshi baririmbye izina ‘Pamela’ maze nawe bimwanga mu nda asanga umugabo we The Ben ku rubyiniro – VIDEWO

Yarase igitego kidahushwa! Umutoza wa Rayon Sports yijunditse rutahizamu wa Rayon Sport warase igitego bigatuma iyi kipe isezererwa