in

Umusore w’i Kigali yabuze amahitamo nyuma yo gukunda abakobwa babiri harimo uwamwubakiye inzu akamuca inyuma

Umusore w’i Kigali yanditse asaba inama nyuma y’aho akundanye n’abakobwa babiri harimo n’uwamufashije kubaka inzu ariko akamuca inyuma akaba atwite.

Uyu musore yagiye ku mbuga nkoranyambaga maze agira ati:”Muri 2019 nakundanye n’umukobwa twemezanya ko tuzabana,arabyemera ,ntangira kubaka,, nyuma yaho nza guhura n’undi mukobwa ariko sinamwimariramo,gusa nkomeza kuri wa wundi wa mbere,ndamubwira dore tugiye kubana mfasha dusozere inzu ,umpe amafaranga make ndebe ko inzu twayisoza tugakora ubukwe ampa amafaranga ..Gusa nyuma aza kumbwira ko yanciye inyuma akaryamana n’undi musore bakamutera inda. Numvaga bihindutse ukundi ndongera nsubira kuri wa wundi wa 2.. None ndikwibaza ko uwo utwite n’uwo wundi mpitemo nde? ko bose mbakunda nubwo nsigaye nkunda cyane uyu wa 2 udatwite! Nemere ufite umwana? “

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Inyama y’ingurube yatumye umugabo w’imyaka 54 aribwa n’ingona

Umuhanzi Amalon wari waraburiwe irengero muri 2022, yatangiranye imbaduko 2023