in

Umusore urongoye vuba yaguye gitumo umugeni we amuca inyuma

Umugabo wo muri Nigeriya uherutse gukora ubukwe yashengutse umutima ubwo yafataga umugore we amuca inyuma ku nshuti ye.

Uyu musore yagaragaye yacitse intege arira muri videwo yazengurutse kuri interineti nyuma yo gufata umugore we n’inshuti ye muri hoteri basambana.

Uyu mugabo wababaye cyane yavuze ko yabakekaga kuko bombi bari bafitanye umubano atashiraga amakenga.

Bivugwa ko hari hashize hashize ibyumweru bike abashakanye bashyingiranywe, bityo kuvumbura ko amuca inyuma bikaba byaramubabaje cyane.

Nk’uko uyu mugabo abitangaza ngo yari yaraburiye mbere inshuti ye yitwa Dennis kwirinda umugore we nyuma yo kubona ko bafitanye umubano wa hafi.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Urutonde rwabahanzi bazasusurutsa abazitabira igikombe cy’isi rwamaze kwemezwa harimo na Kizz Daniel

Ibyo yivugiye bimukozeho, Cristiano Ronaldo ari mu mazi abira nyuma yibyo yavuze ku mutoza Eric Ten Hag no ku ikipe ya Man Utd