in

Umusore agiye kurongora murumuna w’uwari kuba umugore we wapfuye

Umuryango wagushimye ntacyo utaguha mu gihe babona ko wavamo umugano mwiza wakwita ku mugore ndetse n’inshingano z’urugo neza.

Umunya Nigeria, Sufiyanu Abubakar Salihu ari hafi kurongora Fatima Ibrahim Kani, murumuna w’umukunzi we Rukaiya Ibrahim Kani umaze iminsi mike apfuye.

Uyu musore yakundanaga na mukuru wa Fatima hanyuma aza kwitaba Imana, mu buryo bwo guhozanya amarira, bose baje kwemeranya ko bakwiye gushyira agahinda kabo bose bakajya bagasangira amanwa n’ijoro.

Aba bombi bahise bemeranya kubana ndetse umusore asubira gusaba umukobwa na none baranamwemereye icyo asigaje ni ukujya kuzana umugeni we.

 

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ikipe ya Rayon Sports ihondaguye Musanze Fc yari yateze iza gukina

Kate Bashabe yavuze igihe byamutwaye ngo yubake inzu igeretse abamo muri iyi minsi