in

Umushoferi yahindutse umusazi Polisi zikimuhagarika ipantaro ayiterera ku mutwe.

Mu gihe yari amaze gukora amakosa yo kwica amategeko  y’umuhanda, bitewe n’amafaranga yatekereje ko agiye gucibwa yahise yibuka ko abasazi ntacyo babatwara ahita aterera ipantaro ku mutwe.

Uyu mugabo Christopher Chibukweni usibye kuvanamo ipantaro mu muhanda imbere y’abantu yanavanyemo imyenda yo hejuru, kugirango agaragaze agahinda ndetse n’akababaro afite kubera ibyari bimaze kumubaho.

Uyu mugabo akaba yatwariraga imodoka mu mujyi wa Lagos mu gihugu cya Nigeria, bikaba bikomeje kuvugwako iyo Polisi zo kuri icyi gihugu ziguhagaritse ubwo ngo ugomba kuba witeze ibihano bihambaye ugiye gusukwaho.

Christopher Chibukweni akimara kwigira umusazi agasaza imigeri Polisi zahise mushinza ibindi byaha byinshi bigiye bitandukanye birimo kubeshya ndetse no kubangamira akazi k’inzego z’umutekano.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Ndashimira iyaguhanze…” Umufana yashishimuye igisigo ubwiza bw’umuhanzi Bwiza bumurenze

Gerard Mbabazi yerekanye umwana we muri Videwo yakoze benshi ku mutima