in

Umushabitsi Wema Sepetu nubwo aryohewe n’urukundo akaba yarazengurutse ibyamamare binshi ntabwo yishimye

Umunyamideli, umukinnyi wa sinema akaba na Nyampinga wa Tanzania 2006, Wema Isaac Sepetu nubwo aryohewe n’urukundo ariko arahangayitse kuba atarabona umwana.

Uyu mukobwa w’imyaka 34 amaze amezi 4 agaragaje ko ari mu rukundo na Whozu, umuhanzi umaze kwandika izina muri Tanzania muri iyi minsi.

Nubwo ikinyuranyo cy’imyaka iri hagati ya bo aho uyu muhanzi afite 26 n’aho Sepetu akagira 34 gikunze kugarukwaho, ntabwo bibateye ikibazo ahubwo bo icyo bashyize imbere ni urukundo.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Inzovu izukiweho na Everton, Mikel Arteta imibare itangira kuzamo ibihekane

Umutoza Ben Moussa wa APR FC yateguje Rayon Sports kuzayinyagira anahishura intwaro ikomeye izamufasha kongera kuyishengura umutima