in

Umusaza w’imyaka 75 witwa Daniel, yakaswe ubugabo n’inkumi y’imyaka 25 ikoresheje urwembe nyuma yo gushaka kuyifata ku ngufu

Ubuyobozi bwa polisi muri leta ya Adamawa bwataye muri yombi umusaza w’imyaka 75, Daniel Jaja, akekwaho gushaka gufata ku ngufu inkumi y’imyaka 25 mu mudugudu wa Mukuvinyi.

Umuvugizi wa Polisi, SP Suleiman Yahaya Nguroje, yemeje ayo makuru kuri uyu wa Kabiri tariki ya 31/2023.

Yavuze ko ushinjwa yagerageje gufata ku ngufu iyi nkumi yari yatumiye iwe ku ya 18 Ukwakira.

Amakuru avuga ko icyo gihe, uyu mukobwa yatemesheje urwembe igitsina cy’uyu musaza ubwo yashakaga kumufata ku ngufu.

Uyu muvugizi yavuze ko ukekwaho icyaha yivurije mu bitaro bya Leta mbere y’uko ku wa mbere tariki ya 30/10/2023, atabwa muri yombi.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Impanuka y’imodoka yo mu bwoko bwa Toyota yahitanye abantu 3 abandi barimo Umunyeshuri wa Segonderi barakomereka bikomeye

Abakobwa barwaniye muri Resitora yo mu mugi rwa gati kugeza umwe amabere bayanitse ku gasi, aho bapfaga umusore [videwo]