in

“Umuryango wancyinguriye sinzawunyuzamo abandi”: Umwana muto cyane yemeje Bwiza n’abakunzi be maze uyu muhanzikazi ahita ahatirizwa kumufasha -AMASHUSHO

“Umuryango wancyinguriye sinzawunyuzamo abandi”: Umwana muto cyane yemeje Bwiza n’abakunzi be maze uyu muhanzikazi ahita ahatirizwa kumufasha.

Amashusho y’umwana muto cyane wamize indirimbo z’umuhanzikazi Bwiza no mu nda ngo dumburi yashyizwe ku mbuga nkoranyambaga na mwenyewe Bwiza yagaragaje uyu mwana ukiri muto ari kuririmbira imbere y’imbaga y’abantu indirimbo z’uyu muhanzikazi adategwa ari nako yishimirwa cyane nabumvaga ijwi rye.

Amashusho y’umwana ukiri muto wemeje umuhanzikazi Bwiza akiririmba indirimbo ze adategwa bigatuma abantu batangira kubwira Bwiza ko akwiriye kumufasha:

 

Bimwe mu byo abantu bagiye batangaza nyuma yo kubona aya mashusho ubwo umuhanzikazi Bwiza yayashyiraga ku mbuga nkoranyambaga ze:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abaherwekazi bagize itsinda rya ‘Kigali Boss Babes’ bamaze gufata rutemikirere yerekeza muri Nigeria aho bagiye kumurika umushinga wabo

Hamenyekanye abakinnyi ba Kiyovu Sports bamaze kumenyesha bagenzi babo ko batazagaruka muri iyi kipe kubera inzara irimo kubakata amara kandi ubuyobozi ubona ko butiteguye kubirangiza vuba