in

Umuriro uzaka: Umuhanzi Chris Eazy yatangaje inkuru iryoheye amatwi y’abakunzi be gusa yishimirwa cyane nabatuye mu mahanga

Umuriro uzaka: Umuhanzi Chris Eazy yatangaje inkuru iryoheye amatwi y’abakunzi be gusa yishimirwa cyane nabatuye mu mahanga.

Rukundo Christian wamamaye cyane ku izina rya Chris Eazy nyuma yo gushyira hanze indirimbo nshya yise “Stop” yatangaje ko agiye kujya gutaramira abaturage batuye mu gihugu cya Zambia mu murwa mukuru wa Lusaka.

Uyu muhanzi azasusurutsa abatuye muri iki gihugu tariki 26 Kanama 2023 nk’uko yabyemeje abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Yagiye gusaba amafaranga batari bakorera! Hamenyekanye impamvu yatumye Buregeya Prince asezera ku kuba Kapiteni bigahita bihabwa Ombalenga Fitina

Amateka adasanzwe aranditswe: Ikipe y’Igihugu Amavubi imaze gukorera ibya mfurambi Umwarabu wari warigize kasha asigara aririra mu myotsi