in ,

Umuririmbyi Julie Birungi uba muri Canada yagarutse muri Uganda nyuma y’Imyaka 8.

Umuririmbyi w’indirimbo zo guhimbaza Imana ukomoka muri Uganda uba muri Canada, Julie Birungi, yagarutse mu gihugu cye

Julie Birungi

Julie Birungi, umuririmbyi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana ukomoka muri Uganda ariko uba muri Canada, wahoze azwi nka Julie Mutesasira, yagarutse mu gihugu cye nyuma y’imyaka myinshi atahagera.

Uyu muririmbyi yagarutse muri Uganda nyuma y’imyaka irenga umunani ari hanze, gusa ngo ni ku buryo bw’igihe gito.

Mu mashusho n’amafoto yagiye ashyira ku mbuga ze nkoranyambaga,“Akon City” iteganyijwe kubakwa muri Senegal na Uganda yahuye n’ikibazo yo gutinda: Ushobora kuzarangira mu myaka 15. https://yegob.rw/akon-city-iteganyijwe-kubakwa-muri-senegal-na-uganda-yahuye-nikibazo-yo-gutinda-ushobora-kuzarangira-mu-myaka-15/yemeje ko yagarutse mu gihugu akunda, Uganda (izwi nka +256), kandi ko yahasanze ibyishimo.

Julie Birungi yavuzwe cyane mu itangazamakuru mu mwaka wa 2020 ubwo yashyingiranwaga n’undi mugore, ibintu byateje impaka nyinshi.

Julie Birungi n’umugore we

Uretse ibyo birebana n’imibanire ye bwite byavugishije benshi, Julie Birungi akomeje urugendo rwe rwo kuririmba no kwamamaza ubutumwa bwiza bw’Imana. Nta makuru aramenyekana neza niba agarutse muri Uganda kugira ngo akorane indirimbo nshya n’abandi bahanzi b’Abanya-Uganda.

Written by SALIM Prince Waziel

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 791 879 477

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“Akon City” iteganyijwe kubakwa muri Senegal na Uganda yahuye n’ikibazo yo gutinda: Ushobora kuzarangira mu myaka 15.

  • https://stream.zeno.fm/0fzvslccgngvv
  • YEGOB LIVE
  • YEGOB LIVE
  • https://stream.zeno.fm/h8a8g1chaxhvv
  • YEGOB RADIO
  • YEGOB RADIO