in

Umuramyi Patient Bizimana agiye kurushinga avuze umuhanzi asigiye igifunguzo.

Umuhanzi w’indirimbo zihimbaza Imana, Patient Bizimana ugiye kurushinga avuga ko mu bahanzi ba Gospel bakorana bya hafi yifuza ko batera ikirenge mu cye bagashinga urugo harimo Israel Mbonyi.

Ibi yabitangaje nyuma yaho umukunzi we yamaze kugera mu Rwanda ndetse nimyiteguro yubukwe bwabo ikaba irimbanyije.

Mu nshuti ze z’abahanzi bahuriye mu gisata cya Gospel, yavuze ko yahita atera ikirenge mucye mbese ubwo ni uwo asigiye igifunguzo nk’uko bakunze kubivuga,yahisemo Mbonyi Israel.

Yagize ati” navuga nde nkareka nde ko ari benshi!eeeehhh abahanzi bo muri gospel hafi ya bose ni inshuti zanjye ariko uwo numva nakwifuriza nawe kubirangiza bikava mu nzira ni Israel Mbonyi”.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Sobanukirwa:Intungamubiri zizwiho kurinda umusatsi gupfuka no gutuma ubyibuha ukanakomera

Ntibisanzwe: yishe umugore n’abana be yijyana kuri Polisi yisabira igihano cyoroheje abantu barumirwa.