in

Umupfumu Salongo yahishuye idini rya gikirisitu asengeramo

Benshi cyane bakomeza kwibwira ko umupfumu adashobora kugira idini asengeramo, gusa iyo bigeze kuri Salongo birahinduka.

Nyuma yo gusezerana imbere y’amategeko n’imbere y’Imana, Salongo yongeye gushimangira ko afite idini rya gikiristu abarizwamo.

Mu kiganiro yagiranye na TV1, Salongo yavuze ko ari Umudivantiste wo ku munsi wa 7 ndetse ko yasezeranyijwe n’umupasiteri wo mu badivantiste. Reba videwo.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ikipe ya Chelsea na Manchester City zishobora kwisanga zamanuwe mu cyiciro cya kabiri

RIB yataye muri yombi umukozi wa minisiteri y’urubyiruko