in

Umupasiteri yaretse kubwiriza kubera igitsina cy’umukobwa yabonye arakomeza arirebera

Ibi byatangajwe n’umupasiteri wari uri mu kiganiro cyo kuvuga ku myitwarire ya bwe mu rubyiruko aho isigaye idahwitse ndetse ntiyanatinye kuyigaragaza mu rusengero.

Umuyobozi w’Itorero ryitwa Heaven’s Gate Ministry, Umuhanuzi Nicholas Osei, uzwi cyane ku izina rya Kumchacha, yanenze abakobwa bakiri bato baza mu rusengero bambaye utwenda tugufi kuko ngo bacumuza bamwe mu bakozi b’Imana nawe arimo.

Yavuze ko mu byumweru bike bishize, umukobwa yaje gusenga yambaye akajipo kagufi cyane hanyuma asaba ko bamwicaza imbere hanyuma babimukorera uko ashatse.

Akimara kwicara pasitori atangiye kubwiriza yavuga ngo nimufungure bibiliya zanyu, umukobwa agafungura amaguru ye hanyuma pasiteri akabona igitsina cye cyose nta kindi kintu yari yambayemo imbere.

Pasiteri kubera ko ari nta handi yari kwerekeza amaso, yahisemo guhita ahagarika kubwiriza kubera ibyo yari arimo areba kandi ari nta handi yari kureba ajya kwicara arareba arumirwa.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Bwa mbere Kate Bashabe yavuze ku rukundo rwe na Rutahizamu Sadio Mane

Abantu batunguwe n’umubyeyi utwite wanywaga itabi(Video)