in

YEGOKOYEGOKO NDASETSENDASETSE NdababayeNdababaye NdabikunzeNdabikunze

Umupasiteri yakoze agashya yuhagira nk’abana abayoboke be b’igitsinagore(Video).

Pasiteri yakoze agashya yuhagira abagore bo mu Itorero, avuga ko Umwuka Wera ariwo wamutegetse kubikora.Muri Video yaciye ibintu hirya no hino,yagaragaje bamwe mu bakobwa bambaye amasume baza imbere ya pasiteri ngo abakarabye mu itorero ryitwa Cross over Night.

Ibi byabaye mu ijoro ryo kuwa 31 Ukuboza umwaka ushize ndetse muri ayo mashusho aba bagore bari batonze umurongo baza akabakarabya.

Abashyize hanze iyi videwo bavuze ko ishobora kuba yarafatiwe muri Ghana, ndetse bavuze ko Pasiteri yabwiye aba bagore ko kubuhagira bambaye ubusa bibahanaguraho ibyaha kandi bikabagira abera.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Exclusive:Umuhanzi The ben yigaramye amakuru y’uko yasinye muri Sony music ahubwo asinya muri company y’umunyarwanda

Ibimenyetso ndakuka bica amarenga ko umukobwa azavamo umugore mubi.