in

Umupasiteri ufite irari yashutse umukobwa ngo baryamane Imana irabyeza

Umukozi w’Imana uzwiho gukunda abakobwa cyane hagiye hanze ubutumwa yandikiye umukobwa amusaba ko baryamana mu buryo bwejejwe.

Amakuru avuga ko pasiteri Ngwenya asanzwe asambanya abakobwa bo kuri kaminuza, abasezeranya kubasengera bityo bakabona amanota menshi.

Ikiganiro cyagiye hanze cyanyuze kuri Watsapp aho aba bombi baganiriraga, pasiteri yasabaga Kekana ati:”‘ Wabwira ababyeyi bawe ko turasenga nijoro noneho ukaza tukaryamana bitagatifujwe nkoresha igitsina cyanjye cyasizwe amavuta.Wabanza ukanyoherereza akantu kazamura umwuka.”

Umukobwa na we ahita amwoherereza ifoto yambaye ubusa igice kimwe. Pasiteri akimara gukubita amaso ifoto, yahise abwira Kekana ati: ” Mpise afunguye imigisha iva mu ijuru kuri uwo mukobwa. Ibizamini uzabitsina 100%. Ohereza akandi malaika wanjye.”

Ku mubuga nkoranyambaga, benshi bamaganye uyu mupasiteri abandi bavuga ko arya ibiryo bimwizaniye. Bibazaga uko umukobwa wiga muri kaminuza yaba atekereza ku buryo adashobora gutahura umuntu ushaka kumugirira nabi.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Messi yakoze amateka aca uduhigo tuburi mu mukino umwe.

Radio Kiss FM ibuze umunyamakuru wayo ukomeye