in

Umupapa yahaye impano itangaje umuhungu we nyuma yo kumubona atereta

Umusore yahishuye impano itangaje papa we yamuhaye nyuma yo kumenya ko yatangiye gutereta.Uyu musore wo muri Nigeria uzwi ku izina rya Nonye yavuze ko yajyanye umukobwa mu kabari bakaganira igihe runaka kugeza igihe umusereri yabahaye isupu n’ibinyobwa.

Yasobanuye ko yatunguwe no kuboan ibiribwa n’ibinyobwa atari yasabye babibumuzaniye n’umukunzi we, abajije bamubwira ko ari umugabo ubibaguriye,yitegereje neza asanga ni papa we wari wishimiye kubona umuhungu we yateye intambwe yo gutereta.

Mu magambo ye kuri twitter yagize ati:”umukunzi wanjye namujyanye mu kabari twaganiriye mu minota mike mbona umusereri azana amasahani abiri n’ibinyobwa ku meza yacu. Namubwiye ko nta byo klurya natse, ati umuntu yabikoze .Nabajije uwo muntu. Ahita anyereka Papa. Papa yahise anshimira ko nahisemo umugore mwiza”.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Perezida Al- Khelaifi yirenze ararahira ashinza Real Madrid ubugome n’ubugambanyi.

Yasabye umugabo we ko yatanga ruswa y’igitsina bimukoraho