in

Umunyezamu wa Rayon Sports arakekwaho gukoresha amarozi kubera imihango n’imigenzo yakoreye mu kibuga cya Pelé Stadium mbere yo y’umukino APR FC yebetse isomo rya ruhago – AMAFOTO

Umunyezamu wa Rayon Sports, Khadim Ndiaye ukomoka muri Sénégal yaketsweho gukoresha amarozi ku mukino Murera yakiriyemo ndetse inatsindwa na APR FC ibitego 2-0.

Nk’uko tubikesha umunyamakuru wa IGIHE, byatangiye agisohoka mu modoka, ubwo Rayon Sports yari igeze kuri Kigali Pelé Stadium.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umwana yageze aho asinzirira mu bituza bya Pamela! The Ben n’umugore we Miss Uwicyeza Pamela bagiranye ibihe byiza n’abana biga mu ishuri rya Bright Future Academy – AMAFOTO

Nyuma yo kubuza Dynamo BBC kwambara ‘Vist Rwanda’ bikayiviramo guterwa mpaga, bamwe mu bakozi ba Federasiyo ya Basketball mu Burundi batangiye kwegura