in

Umunyezamu wa mbere w’Amavubi, Ntwari Fiacre uherutse kuyifasha gutsinda Africa y’Epfo, yageze muri iki gihugu maze ikipe ye asanzwemo imwima umwanya

Umunyezamu wa mbere w’Amavubi, Ntwali Fiacre, uherutse gufasha u Rwanda maze ruha isomo rya ruhago Africa y’Epfo ruyitsinda ibitego 2-0, yageze mu ikipe asanzwe mo ya TS Galaxy yo muri iki gihugu maze yicanzwa ku ntebe y’abasimbura.

Ntwari Fiacre ntiyagiriwe icyizere cyo kujya mu kibuga ubwo ikipe ye ya TS Galaxy yo muri Afurika y’Epfo yatsindaga Polokwane FC ibitego 3-0, ni umukino wabaye kuri iki Cyumweru tariki 26 Ugushyingo 2023.

Uyu musore niwe Amavubi ari kwifashisha mu mikino yo gushaka itike yo kuzakina igikombe cy’isi mu 2026, aho u Rwanda ruyoboye itsinda C n’amanota 4, rukaba nta gitego rurinjizwa.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Barusha i Sodoma n’i Gomora! Uganda mu bihugu 10 bya mbere muri Afurika bibamo ubusambanyi bwo ku rwego rwo hejuru ku buryo badatinya no kubikorera mu bihuru

Umuherwekazi Alliah Cool yashyikirijwe igihembo yegukanye i Legos yambaye ikanzu ikoranye ubuhanga budasanzwe igaragaza ikimero n’ubwiza bwe bihebuje – AMAFOTO