in

Inkuru y’akababaro! Umwe muri aba banyeshuri yitabye Imana -Ifoto

Umunyeshuri witwa Niyomufasha Marie w’imyaka 16 wigaga mu mwaka wa kabiri, mu ishuri rya G.S Binaga ryo mu Murenge wa Mbogo, yafashwe atitira akubita umunwa ku ntebe, ajyanwa kwa muganga yasenzekaye, yitaba Imana.

Ku wa mbere tariki 15 Mutarama 2024, saa saba z’amanywa ni bwo Niyomufasha yafashwe n’ubwo burwayi bw’amayobera, yihutanwa kuri poste de Sante na bagenzi be, aho yagejejwe ari muri koma.

Umuyobozi wa G.S Binaga, Murebwayire Alphonsine yavuze ko akigezwa kuri Poste de Sante yahise yitaba Imana.

Uyu muyobozi yatangarije Ikinyamakuru Umurunga ko ari ubwa mbere uwo mwana yari arwariye ku ishuri.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Perezida wa Rayon Sport yaburiye abafana ba Rayon Sport ko uzagerageza kumukubita azisanga muri moruge(uburuhukiro)

Agezweho muri Siporo: Rutahizamu w’ikipe y’igihugu Amavubi Kagere Meddie amaze gusinyira ikipe nshya