in

Umunyeshuri wiga ubuforomo yataye ubwenge nyuma yo kubona uko bakuramo inda

Umunyeshuri wiga mu ishuri ryigisha ubuganga yataye ubwenge ubwo yabonaga uko bakuriragamo undi mukobwa inda.Umunyeshuri w’ubuforomo yaguye nyuma yo kubona igikorwa cyo gukuramo inda ku nshuro ye ya mbere, nk’uko bigaragara mu mashusho.

Muri aya mashusho, uyu undi mudamu witwa Ene yarimo guhungiza uyu mwana w’umukobwa kugirango agarure akuka.Birashoboka ko amarangamutima ye yinjiye mu buryo atabashije kwihanganira.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umukobwa w’ikizungerezi yahishuye abasore b’abahanzi nyarwanda yakwemera kuryamana nabo (Video)

Yihaye ibyo gutaba umutwe w’ihene ariko ibyo wamukoreye byatumye ajyanwa kwa muganga igitaraganya