in

Umunyeshuri uzajya utsindwa imibare n’icyongereza yibagirwe iby’inguzanyo ndetse n’ibindi.

Mu buryo bwo kongera ireme ry’uburezi ndetse no kugirango abanyeshuri babashe kumenya ubwenge bwisumbuyeho, mu bwongereza abanyeshuri basabwe kuba bazi imibare ndetse n’icyongereza.

Kubimenya ni ukugirango babashe kubona inguzanyo yo kwiga muri gahunda nshyashya iri gutegurwa ko izagenderwaho mu mwaka w’amashuri utaha.

Muri gahunda ziri gutegurwa yo kugenderaho mu buryo abanyeshuri bazajya basaba inguzanyo, Ubwo izaba igiye hanze abanyeshuri ndetse n’abandi baritegurako iyi ngingo ishobora kuzaba iri imbere.

Aya mabwiriza aje kugabanya umubare w’abana bimurwa kandi nta manota ahagije bafite yatuma bava mu kiciro kimwe ngo bajye mu kindi kiciro bisa nko kubaterura, ibi bikaba byavunzwe na n’ishami rishinzwe uburezi mu bwongereza ariryo DfE.

Umunyeshuri utazabasha kubona E enye muri A lever cyangwa se ngo abone grade ya 4 akaba kujya mu mashueibyo Hejuru ndetse no kubona amafaranga y’ishuri bizamugora cyane ndetse bitanashoboka.

Ababyeyi ndetse n’abandi bareberera abana bakaba batangaje ko iyi gahunda izatuma abana bajya mu mashuri baba bacye ndetse n’abandi bava mu mashuri kuburyo biteye inkeke.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abanyeshuri batambaye amasutiye babujijwe kwinjira mu ishuri(Video)

Arimo kurisha ubugari voka, Clapton Kibonge yabwiye abafana be ikintu gikomeye abahishiye (video)