in

Umunyeshuri usoje Ex-etat yahaye ikimenyetso cy’urwibutso mugenzi we amwandika mu mugongo (Amafoto)

Kuri uyu wa 28 Nyakanga 2021 nibwo abanyeshuri bamwe na bamwe batangiye gusoza ibizamini bya leta ndetse no gusubira mu miryango yabo.

Ifoto ikomeje gucicikana ku mbuga nkoranyambaga ni iy’umunyeshuri wagaragaye yandika ku ishati ya mugenzi we nk’ikimenyetso cy’urwibutso no gusezeranaho dore ko bamwe baba bagiye guhindura ubuzima bizatuma batongera guhorana nk’uko byabaga bimeze ku ishuri.

Photo: IGIHE

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Juno Kizigenza atsinze icy’umutwe Meddy

Ese koko Miss Uwase Muyango ntabwo yibarutse?