in

Umunyarwenyakazi Anne Kansiime yasekeje abantu ubwo yari ari gukora imyitozo ngororamubiri n’umuhungu we (Videwo)

Umunyarwenyakazi ukomeye muri Afurika, Anne Kansiime yagaragaye ari gukora imyitozo ngororamubiri n’umuhungu we w’imyaka ibiri.

Abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, Anne Kansiime yasohoye amashusho ari kumwe n’umuhungu we w’imfura, Selassie Ataho bari kwirukanka muri saloon iwabo.

Ni amashusho yanejeje abafana b’uyu mubyeyi umuze kwigarurira imitama y’abantu kubera urwenya abayera.

Anne Kansiime ni umunyarwenyakazi ukomeye kuri uyu mugabane w’Afurika, akaba ari umubyeyi w’umwana umwe w’umuhungu yabyaranye na Skylata.

 

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abagabo bananiwe gutera akabariro mu ngo zabo bafatiwe imyanzuro ikakaye

Breaking News: Rutahizamu utitiza umugi wa Kiyovu Sports yamaze kugera mu Rwanda (Amafoto)