in

Abagabo bananiwe gutera akabariro mu ngo zabo bafatiwe imyanzuro ikakaye

Nkuko bizwi na buri wese ni uko kiriya gikorwa cyo kumarana imbeho ku mugabo n’umugore aba ari ingenzi, umugabo aba agomba gutuma umugore we yishima binyuze muri icyo gikorwa.

Mu gihugu cya Ghana, abagore bamaze kurambirwa guhora bumva impamvu zidadite ishingiro bahabwa n’abagabo babo mu kuba barananiwe kubaha ibyishimo binyize muri icyo gikorwa.

Abagore bahise bafata imyanzuro y’uko bagiye kujya baca inyuma abagabo babo aho kugira ngo bake gatanya bajye kuruhira hanze nta mugabo bafite.

Abagabo, abanyamategeko, abanyamadini bahagurukiye iki kibazo kugira ngo harebwe ingamba zashyirwaho mu rwego rwo kwirinda izamuka rya gatanya muri Ghana dore ko rifite imibare iri hejuru kandi ikomeza kugenda izamuka umunsi ku wundi.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umunyarwenya Clapton Kibonke yasubije imyenda ya Rufonsina nyuma yo kuyambara bigasetsa benshi (Videwo)

Umunyarwenyakazi Anne Kansiime yasekeje abantu ubwo yari ari gukora imyitozo ngororamubiri n’umuhungu we (Videwo)