in

Umunyarwenya Fally Merci washinze Gen-Z Comedy agiye gukora ubukwe ku itariki itabaho kuri karendare y’isi

Umunyarwenya Fally Merci washinze Gen-Z Comedy agiye gukora ubukwe ku itariki itabaho kuri karendare y’isi.

Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga zigiye zitandukanye, Merci yasohoye save the date gusa yatangaje benshi.

Ndaruhutse Merci, yasohoye iyo nteguza gusa amatariki yayo arahabanye. Bigaragara ko azakora ubukwe ku wa 30/2/2023.

Ubusanzwe ukwezi kwa kabiri ntikujya kurenza iminsi 29 na yo ibaho mu gihe cy’imyaka 4, aho Ubusanzwe kugira iminsi 28.

Ibyo byafashwe nk’urwenya kuko uyu musore asanzwe ari umunyarwenya ubizobereyemo.

Abantu banze kwemera ibyatangajwe n’uyu munyarwenya kuko babifashe nko gutwika.

 

Report

What do you think?

2.4k Points
Upvote Downvote

Written by OLIVIER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza watuvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umuraperi B Threy yageneye ubutumwa Bruce Melodie na The Ben bari kugereranya umuziki n’amateka igihugu cyanyuzemo

Aya Mavubi murabona aratanga ibyishimo ku banyarwanda? Dore 11 bagiye kubanza mu kibuga